
ye ya Kaminuza muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK),
akaba yamaze gushyira ahagaragara
anasobanura igitabo gikubiyemo ibijyanye n’amasomo ye
, ubu ibyishimo bikaba ari byinshi n’ingamba zikomeye

Safi yari ashyigikiwe n’inshuti ze zitandukanye
uz
wi
ku
izina
rya
Safi Madiba,
yari
amaze
igihe
yiga muri
Kaminuza
yigenga ya
Kigali
ari naho
yiga muri
Kaminuza
yigenga ya
Kigali
ari naho
kuri uyu
wa Gatanu
tariki
28 Ugushyingo 2014
wa Gatanu
tariki
28 Ugushyingo 2014
yasoje ibijyanye
n’amasomo
ye byose
mu cyiciro
n’amasomo
ye byose
mu cyiciro
cya kabiri
cya
Kaminuza ,
nyuma yo kumurika igitabo
cya
Kaminuza ,
nyuma yo kumurika igitabo
akanagisobanura ubu akaba
ategereje ko umunsi nyirizina
ategereje ko umunsi nyirizina
wo kumurikirwa impamyabumenyi
ye ugera ariko hagati
ye ugera ariko hagati
aho yatangiye imihigo ikomeye
mu muziki.Mu kiganiro yagiranye
mu muziki.Mu kiganiro yagiranye
na Inyarwanda.com, Safi yavuze
ko kuba yitwa Madiba nk’izina
ko kuba yitwa Madiba nk’izina
yiyise kubera uburyo yakundaga
Nelson Madiba Mandela yajyaga y
umva iri zina ribura
Nelson Madiba Mandela yajyaga y
umva iri zina ribura
ikintu kimwe ari nacyo yagezeho
uyu munsi, kuko uyu nyakwigendera
Nelson Madiba
uyu munsi, kuko uyu nyakwigendera
Nelson Madiba
Mandela yari yarize bityo nawe akaba
yifuzaga gusoza amasomo ye agakomeza
guhesha agaciro iri zina.
guhesha agaciro iri zina.
Agaruka ku by’umuziki, Safi Madiba
yashimangiye ko yari abangamiwe
yashimangiye ko yari abangamiwe
bikomeye kuko gukora umuziki ari
umwanzi w’ishuri. Safi ati:
“Ubundi a ni umwanzi
umwanzi w’ishuri. Safi ati:
“Ubundi a ni umwanzi
ukomeye w’umuziki kuburyo
kubifatanya bitoroshye, numvaga
mboshye bikomeye
kubifatanya bitoroshye, numvaga
mboshye bikomeye
ariko ubu ndaruhutse, ubu ahubwo
ngiye gukora umuziki n’imbaraga zidasanzwe,
ngiye gukora umuziki n’imbaraga zidasanzwe,
abantu batwitege rwose nka
Urban Boys kuko abandi bo
ntibigaga ariko njye najyaga
Urban Boys kuko abandi bo
ntibigaga ariko njye najyaga
mbura mpugiye mu masomo”.

Safi kandi ashimira umubyeyi we kuko avuga ko iyo atamusengera
muri aya masomo bitari kumworohera,
uretse no kumusengera akaba yarakomeje kumuha hafi nk’umubyeyi
akajya amugira inama akanamukomeza kuburyo ari umwe mu bantu akesha
kuba yabashije gusoza aya mashuri ye.